Ruhago-Impitagihe.com ni urubuga rushya ruvuga ku mateka y’umupira w’amaguru mu Rwanda kuva ku ngoma ya cyami kugeza ubu. Urwo rubuga rutanga amakuru menshi ku bijyanye n’amakipi, abakinnyi, ibibuga by’umupira ndetse mu nyandiko itanga ikaze kuri urwo rubuga bavuga ko amateka ari kuri urwo rubuga atari ndakuka bagasaba ababa bafite icyo bazi ku mateka ya ruhago mu Rwanda kuba bayasangira n’abandi.
Mushobora gusura urwo rubuga hano>>