Iyi mvugo iri hano hasi n’iyo yakoresheje muri Rwanda Day yabereye i Gand mu Bubiligi ku itariki ya 10 Kamena 2017 aho avuga ko ari mu kiraro hashyushye ndetse agasaba inkunga Perezida Kagame.
Iyi ni imvugo Bwana Vénuste Mupenzi yakoresheje mu myaka ishize muri Kongere y’iHuriro Nyarwanda RNC aho yavugaga ko Perezida Kagame agomba gukurwa ku butegetsi ku ngufu n’imbunda.