Perezida w’urukiko rw’ikirenga, Dr Nteziryayo Faustin yatanze igisubizo ku kibazo cya Muzehe HITIMANA APPOLINAIRE wemeza ko ifoto ye igaragara mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, imusebya, ikaba yaranamuhungabanyije, kuko ngo imushinja icyaha atigeze akora. Leta y’u Rwanda iremeza ko iki kibazo kizwi.
↧