Mbanda reka kubandabanda
Yanditswe na Innocent Biruka Muvandimwe Yohani Mbanda, Abo bose urondoye ni intwali zacu, kandi n’uwagira icyo aba muli bo nta n’umwe uzibagirana. 1. Ntibatinye aho rukomeye, bitegereje akarengane,...
View ArticleUmuryango wa Rwigara watawe muri yombi noneho ku mugaragaro
Amakuru agera kuri The Rwandan ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Nzeli 2017 aravuga ko polisi y’u Rwanda noneho yataye muri yombi abo mu muryango wa Rwigara Assinapol ku mugaragaro. Abatawe...
View ArticleAffaire Rwigara: DMI ihisemo gukorera police urusyo rushyushye
Icyumweru cyari kigiye gushira abantu batakamba basaba ko ubutegetsi bwarekura umuryango wa Assinapol Rwigara bwari bwarafatiriye buterekana n’aho bubafungiye. Mu gihe abantu bibazaga igikurikiraho...
View ArticlePolice y’u Rwanda iratangaza ko yarekuye abo mu muryango wa Rwigara
Amakuru agera kuri The Rwandan muri iki gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 05 Nzeri 2017 aravuga ko abo mu muryango wa Rwigara Assinapol basubijwe mu rugo iwabo. Nk’uko bitangazwa na Polisi y’igihugu...
View ArticleKigali: Polisi imaze guta muri yombi abayobozi ba FDU-Inkingi na PDP Imanzi
Yanditswe na Frank Steven Ruta Amakuru agera kuri The Rwandan kuri iki gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 06 Nzeli 2017 ava i Kigali ni avuga itabwa muri yombi ry’abayobozi benshi ba FDU-Inkingi...
View ArticlePolisi y’u Rwanda irashinja abayoboke ba FDU-Inkingi ngo kuba mu mutwe...
Igipolisi cy’u Rwanda cyataye muri yombi abantu barindwi barimo Boniface Twagirimana visi prezida wa mbere w’ishyaka FDU Inkingi ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda. Umuvugizi w’igipolisi ACP...
View ArticleIVANJILI SI UMUGANI N’UKWEMERA SI INZOZI : NI UBUZIMA
Banyarwanda mwese ndabaramukije .Ubundi kera mu Rwanda indamukanyo zacu zari : « Gira impagarike, gira ubugingo, gira umugabo, mashyo, murakoma, muraho, murakomeye ? Ariko igihe cyarageze haza...
View ArticleInyubako UTC y’umuherwe Tribert Rujugiro igiye gutezwa cyamunara
Ariko mu minsi ishize mu kiganiro Bwana Rujugiro yagiranye na Radio BBC Gahuza Miryango yagize ati: “Uzagura inyubako UTC azaba aguze ibyibano”
View ArticleMu kwezi gushize kwa Kanama 2017, ibiciro ku masoko byazamutseho 7,2%
*Mu byaro ibiciro byazamutseho 9,4%, *Mu byaro ibiciro by’uburezi bizamukaho 51,5% *Mu mijyi byazamutseho 3,2% Imibare yasohowe n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare (NISR) kuri iki cyumweru...
View Article