Nyuma ya Brig Gen Dr Emmanuel Ndahiro, haravugwa ifungwa rya Brig Gen Eugene...
Yanditswe na Frank Steven Ruta Amakuru ava mu Rwanda ndetse yageze mu binyamakuru bitandukanye byandikirwa hanze y’u Rwanda aravuga ko Brig Gen Eugene Nkubito wigeze kuyobora ingabo mu majyaruguru...
View ArticleNINDE UTAHIWE?
Yanditswe na Benito Kayihura Ubundi urupfu rwose aho ruva rukagera nu rubi, ariko nta kintu gitera agahinda, umujinya no gupfa wicuza nko kubona Senior officer agwa mu buroko cyangwa yicwa na sergent...
View ArticleUBUTUMWA KW’ISABURU Y’IMYAKA IRINDWI Y’IHURIRO NYARWANDA (RNC)
Banyarwandakazi, Banyarwanda, Bayoboke namwe Bakunzi b’Ihuriro Nyarwanda, Bavandimwe dufatanyije urugamba rwo kuvana u Rwanda ku ngoyi y’igitugu, nshuti z’u Rwanda, kuri iyi sabukuru y’imyaka irindwi...
View ArticleCassien Ntamuhanga arabatashya
Yanditswe na Kanuma Christophe Cassien Ntamuhanga, umunyamakuru wa Radio Ubuntu Butangaje akaba yari umuyobozi w’iyo Radio kuva yashingwa, yafunganywe n’umuririrmbyi w’icyamamare Kizito Mihigo,...
View ArticleBWANA YUMVIHOZE CELESTIN INZIRAKARENGANE MU ZINDI ABAMBARI BA FPR INKOTANYI...
ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N° 003 /PSI/2017 Rishingiye ku iyicwarubozo, ihohoterwa n’ihungabanywa byakorewe kandi bikomeje gukorerwa abayoboke baryo; Rigarutse kandi ku ifungwa rya hato na hato...
View ArticleRwanda: Umunyamakuru Bob Mugabe yabujijwe gusohoka mu gihugu!
Yanditswe na Ben Barugahare Nk’uko yabitangaje ku rukuta rwe rwa facebook umunyamakuru Bob Mugabe aravuga ko yabujijwe gusohoka mu gihugu ngo hari iperereza rikimukorwaho kuva mu 2016! Nk’uko...
View ArticleN’ubwo James Kabarebe yatinye kwitaba, James Munyandinda we yahaye ubuhamya...
Yanditswe na Ben Barugahare Ubucamanza b’abafaransa bari babahamagaje ariko ntibitabye. Ministre w’ingabo mu Rwanda, James Kabarebe na Frank Nziza umusirikare mukuru mu ngabo z’u Rwanda bagombaga...
View ArticleRwanda: Inzego z’iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo...
Yanditswe na Frank Steve Ruta Nk’uko bikomeje gutangazwa n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu nka Human Rights Watch mu ma raporo atandukanye, muri iyi minsi abasirikari b’u Rwanda bakajije...
View ArticleUmushyikirano wa 15 nta muntu wemerewe kwinjirana ikintu cyose kiri Electronic!!
Gahunda *Y’Umushyikirano wa 15* *1)* Gufata Badges ni kuri MINAFFET kuva; – Ejo kuwa gatanu, taliki ya 15 ukuboza 2017, kuva saa 14h30 kugeza 18h30 – Bizakomeza no kuwa gatandatu, taliki ya 16 ukuboza...
View Article