Abaturage ba Bweyeye barataza babujijwe guhunga.
Yanditswe na Frank Steven Ruta Amakuru amaze iminsi agera kuri The Rwandan ava mu baturage bafite imiryango ituye mu murenge wa Bweyeye wo mu karere ka Rusizi mu ntara y’Uburengerazuba, aravuga ko...
View ArticleRWANDA-UTAB: IHONYORWA RY’ABAKOZI
Yanditswe na Arnold Gakuba Amashuri makuru na za Kaminuza zo mu Rwanda ni bimwe mu bigo byagezweho n’ingaruka za Covid-19. Kuva mu kwezi kwa gatatu k’umwaka ushize wa 2020 aho icyorezo cya Korona...
View ArticleIFUNGWA RYA IDAMANGE YVONNE: IKIMENYETSO CY’UKO INTAMBARA Y’UBWISANZURE MU...
Yanditswe na RUGEMINTWAZA Erasme. Nyuma y’umwaka umwe gusa Kizito Mihigo yishwe azira ibitekerezo bye, hari mu kwezi kwa Gashyanntare 2020, hagaragaye undi Munyarwanda utari usanzwe uzwi nawe wiyemeje...
View ArticleUmuhuzabikorwa wa RNC muri Afrika y’Epfo yishwe!
Yanditswe na Ben Barugahare Amakuru agera kuri The Rwandan kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gashyantare 2021 aravuga ko uwari umuhuzabikorwa w’Ihuriro Nyarwanda RNC muri Afrika y’Epfo yishwe arashwe....
View ArticleTugeze ku musozo w’iminsi 10 twari twarateguye mu kwibuka Kizito Mihigo
Tugeze ku musozo w’iminsi 10 twari twarateguye mu kwibuka Kizito Mihigo twifashishije insanganyamatsiko zitandukanye. Isoza iyi minsi ni “Umurage”.
View Article