Tshisekedi yasabye Biden ko Amerika ‘ishyira igitutu’ ku Rwanda
Perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we Joe Biden ko Amerika “yinjira cyane” mu kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo, nk’uko ibiro bye bibitangaza. Iruhande rw’inama ya US-Africa Summit irimo...
View Article“Wakora igitero ugafata igihugu…” kugira ngo Rusesabagina arekurwe – Kagame
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda avuga ku busabe bwa Amerika ko Paul Rusesabagina arekurwa yavuze ko ‘nta uzadukanga’ ku byemezo u Rwanda rufata. Kagame yari mu kiganiro muri Amerika asubiza ku kibazo...
View ArticleTURWANE KU MPUNZI ZIRI MU NKAMBI ZISHOBORE KWIGA
Ku wa gatandatu tariki ya 17 ukuboza 2022, ishyirahamwe riharanira BAMUKUNDE FONDATION ryateguye igikorwa kigamije gukusanya inkunga yo gufasha abana b’impunzi bari mu nkambi zinyuranye muri Afurika...
View ArticlePerezida Tshisekedi yabwiwe ibyavugiwe mu nama adahari.
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko “nta kuruhuka kwemewe amahoro arambye ataraboneka” mu burasirazuba bwa DR Congo, ubwo yahuraga na ba Perezida Tshisekedi na João Lourenço wa...
View ArticleLETA ZUNZE UBUMWE Z’AMERIKA-RWANDA: Paul Kagame yabwiye akaminura muhini...
Yanditswe na Erasme Rugemintwaza Imbere y’impuguke z’abanyamakuru benshi, ku butumire bw’ikigo cy’itangazamakuru cya Semafor, mu gihe yari yitabiriye inama y’Abayobozi bakuru b’Amerika n’Afurika,...
View ArticleBampoliki mu bujurire yongeye gusaba imbabazi atakamba!
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Ukuboza 2022 nibwo Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yitabye Urukiko Rukuru, aburana ubujurire atakamba asaba ko...
View ArticleRwanda: Ba Miss barahiye ku mugaragaro muri FPR
UPDATE: Reigning Miss Rwanda Nshuti Divine Muheto, her predecessor Ingabire Grace, with a host of other local celebrities, take Oath of allegiance to ruling RPF party. Development makes them active...
View ArticleEdouard Bamporiki Arasaba Gusubikirwa Ibihano
Mu Rwanda, kuri uyu wa Mbere urukiko rukuru rwumvise ubujurire bwa Bwana Edouard Bamporiki wahoze ari umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco. Bamporiki uregwa ibyaha bya ruswa yari...
View Article