Nk’uko bigaragara mu nyandiko Bwana Abdallah Akishuli yacishije ku rubuga rwe rw’urubuga nkoranyambaga facebook yagize ati:
GUSEZERA MU BIKORWA BYA GUVERNOMA IKORERA MUBUHUNGIRO
Ba Nyakubahwa mwese,
Nyuma yo gufata Igihe gihagije cyo kubitekerezaho neza, nifuje kubamenyesha icyemezo nafashe cyo gusezera kumirimo nari nshinzwe y’umushinjacyaha mukuru, ndetse no mubikorwa byose bya Guvernoma y’abaturage ikorera mubuhunguro.
Mbifurije gukomeza kugira imirimo myiza
Mugire amahoro.
AKISHULI Abdallah