Nyuma yo gukurikira ikiganiro Bwana Eugene Ndahayo yagiriye kuri Radio ISHAKWE cyiswe : “Kuki ubutegetsi bw’abahutu butarengeje imyaka 32”, Madame Marie-Madeleine BICAMUMPAKA yagize icyo avuga ku bisobanuro byagitanzwemo kubyerekeranye nicyiswe “Guta umurongo” kwa bamwe mubayoboke bimena ba MDR PARMEHUTU, kimwe n’icyo Bwana Ndahayo Eugene yise “ubuhake” bw’abahutu (Abakonde) ku bandi bahutu (Abagererwa) ngo bwari bwiganje mu majyaruguru yu Rwanda nkuko mu majyepfo yu Rwanda no mu tundi duce tw’igihugu ubuhake bwingoma y’abatutsi ku bahutu yari yarahashinze imizi miremire.

Hano hasi mushobora kuhasanga Document isobanura neza iby’Ubukonde n’Ubugererwa