Quantcast
Channel: Umunyarwanda
Viewing all articles
Browse latest Browse all 10365

“Kuki ubutegetsi bw’abahutu butarengeje imyaka 32”: Ibisobanuro bya Madeleine BICAMUMPAKA

$
0
0

Nyuma yo gukurikira ikiganiro Bwana Eugene Ndahayo yagiriye kuri Radio ISHAKWE  cyiswe : “Kuki ubutegetsi bw’abahutu butarengeje imyaka 32”, Madame Marie-Madeleine BICAMUMPAKA yagize icyo avuga ku bisobanuro byagitanzwemo kubyerekeranye nicyiswe “Guta umurongo” kwa bamwe mubayoboke bimena ba MDR PARMEHUTU, kimwe n’icyo Bwana Ndahayo Eugene yise “ubuhake” bw’abahutu (Abakonde) ku bandi bahutu (Abagererwa) ngo  bwari bwiganje mu majyaruguru yu Rwanda nkuko mu majyepfo yu Rwanda no mu tundi duce tw’igihugu ubuhake bwingoma y’abatutsi ku bahutu yari yarahashinze imizi miremire.

Balthazar BICAMUMPAKA

Hano hasi mushobora kuhasanga Document isobanura neza iby’Ubukonde n’Ubugererwa


Viewing all articles
Browse latest Browse all 10365

Trending Articles



<script src="https://jsc.adskeeper.com/r/s/rssing.com.1596347.js" async> </script>