KANGONDO ABATURAGE BANANIWE KUMVIKANA N’ABAYOBOZI KU MWANZURO WABAFATIWE WO KWIMURWA
KANGONDO igiye kwongera gusenywa kuri uyu Wambere|| menya impamvu itumye hasenywa bwa2
Gen Kabarebe yavuganaga na Rwarakabije, RDF kuvugana na FDRL byagenda gute?
Ubukene bukabije muri Kibungo, Ese impamvu zo gutangiza Umutwe wa Politike ntizihagije?
Bannyahe: Yatawe muri yombi nyuma yo gutabaza!
𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀
Umuturage w’imyaka 41 wo mu Mudugudu wa Kangondo mu Murenge wa Remera witwa Shikama Jean de Dieu, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo gukurura amacakubiri no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. pic.twitter.com/JioxQ1TQJc
— IGIHE (@IGIHE) September 10, 2022
Bannyahe: Ubusabe bwa Victoire Ingabire kuri Perezida wa Repuburika
BANNYAHE Ahagiye GUSENYWA🙄/ UKURI Ku kibazo Cy’ABATURAGE n’ Umujyi Wa KIGAL
Ikibazo cya “KANGONDO gikomeje kuba ingutu|Niberure bavuge bareke kubeshya abanyarwanda”:Victoire Ingabire
Ibinyoma by’abategetsi ku kibazo cya Bannyahe Kangondo biri mu nyungu za nde?
Abagabo Bahunze Bannyahe / Ijoro ribi ryageze / Bamwe bahungabanye
ABATURAGE BA KANGONDO BARABIMUYE MAYOR ATI NTAWE UTARIBUGIRE UBUSHAKE BWO KWIMUKA
Ishyaka Ishema na DALFA basabye ko ubutegetsi burenganura vuba aba Kangondo na Kibiraro
Ibibazo by’ abaturage ba Bannyahe/ikihishe inyuma yo Kubimura ku Mbaraga
Abaturage ba Kangondo bagoswe n’inzego z’umutekano
Leta Yatangiye Kwimura ku Gahato Bamwe mu Batuye i Nyarutarama
Mu Rwanda, mu karere ka Gasabo mu kagali ka Nyarutarama, inzego z’umutekano zagose ingo z’abaturage zishaka kubimura ku ngufu nyuma y’ibiganiro byamaze igihe kirekire impande zombi zitabasha kumvikana.
Abaturage barategekwa kwimukira mu mazu ubutegetsi buvuga ko yubatswe n’umushoramali bo bagakomeza gutsimbarara ku cyo bita ingurane ikwiye basaba.
Umunyamakuru w’ijwi ry’Amerika Eric Bagiruwubusa yagiye kureba uko byifashe, amaze kuvugana na Venuste Nshimiyimana ku murongo wa telefoni.
LETA NIREKE KUDUFATA NK’INJIJI NIKURE ABANTU MU RUJIJO IBIRI KUBERA KANGONDO BIRIMO URUJIJO
BAMPORIKI AGEJEJWE MU RUKIKO BWA MBERE KUBURANA MU MIZI
Rwanda: Gusomera abanyamakuru bafunze byasubitswe
Umwanzuro w’urukiko ku rubanza rw’abanyamakuru ba Iwacu TV wari gusomwa uyu munsi wasubitswe kuko abacamanza bari mu mahugurwa, nk’uko umwunganizi wabo avuga ko yabibwiwe n’urukiko.
Gusomera aba banyamakuru byimuriwe tariki 05 Ukwakira(10) 2022, nk’uko Me Jean Paul Ibambe ubunganira yabibwiye BBC.
Aba banyamakuru baregwa ibyaha birimo gutangaza ibihuha, no guteza imvururu muri rubanda. Bo bahakana ibyo baregwa byose.
Nshimiyimana Jean Baptiste, Niyonsenga Shadrack na Mutuyimana Jean Damascène (nk’uko bakurikirana uhereye ibumoso ku ifoto) bafunzwe kuva mu 2018.
BBC